Burera: Mu mezi atandatu impanuka zahitanye abantu 11
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera irasaba abaturage bo muri ako karere gukoresha neza umuhanda kugira ngo birinde impanuka. Polisi y’u Rwanda itangaza ibi mu gihe mu mezi atandatu ashize,...
View ArticleKirehe: Barasabwa gukoresha neza umuhanda babungabunga ubuzima
Tariki 22/9/2015 muri gahunda y’ukwezi kwahariwe umutekano mu muhanda akarere ka Kirehe kakoze urugendo rwamagana impanuka zangiza ubuzima bw’abantu. SPT Christian Safari ukuriye Polisi mu karere ka...
View ArticleNyanza: Polisi yasabye abaturage kuyifasha mu kurwanya impanuka
Iki gikorwa cyatangijwe tariki 29 Nzeri 2015 hasiburwa inzira zagenewe abanyamaguru ndetse hatangwa n’impanuro z’uburyo abaturage bagira uruhare mu kurwanya impanuka zihitana ubuzima bwa bamwe abandi...
View ArticleBarasaba gushyira dos d’ane mu muhanda wa Musanze-Nyakinama
Bamwe mu bakoresha umuhanda wa Musanze-Nyakinama urimo gukorwa neza barasaba gushyiramo dos d’ane kugira ngo bizarinde umuvuduko ukabije wateza impanuka. Umuhanda wa Musanze-Nyakinama uri gukorwa...
View ArticleNgororero: Abakorera muri gare barashimira ubuvugizi bakorewe
Mbere bakoreshaga gare bikabangamira abahakodesha (ubu barashimira Kigali Today) Ibigo bitwara abagenzi birashimira kigali Today ko yabakoreye ubuvugizi, ubu bakaba batagihagarikirwa akazi igihe...
View ArticleJomba-Rurembo:MIDIMAR cyangwa RTDA byitezweho igisubizo ku kiraro cya Basera
Ikiraro cya basera cyangiritse Ikibazo cy’ikorwa ry’ikiraro cya Basera kiri hagati y’umurenge wa Jomba na Rurembo mu karere ka Nyabihu gikomeje kwibazwa n’abaturage. Iki kiraro kikaba kimaze igihe...
View ArticleBugesera: Abatwara amagare bakangurirwa kubahiriza amategeko y’umuhanda
Egide Kayiranga Abanyonzi mu nama na polisi Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera irasaba abatwara abagenzi ku magare kubahiriza amategeko y’umuhanda bawukoresha neza kuko ataribo bonyine...
View ArticleRubavu: umutekano w’abanyonzi mu muhanda wahagrukije inzego z’umutekano
Abanyonzi basabwa kugabanya umuvuduko n’ibiro byinshi batwara ku magare Inzego z’umutekano mu karere ka Rubavu zahagurukiye ikibazo cy’umutekano w’abanyonzi mu muhanda kubera impanuka ziterwa...
View ArticleNyagatare: Abashoferi barinubira kwandikirwa kutubahiriza ibyapa
Abashoferi ntibiyumvisha ukuntu bava Kagitumba bakagera Kayonza nta cyapa kivuguruza icya 40. Abashoferi batwara abantu mu modoka rusange mu karere ka Nyagatare bavuga ko bandikirwa umuvuduko kuko nta...
View ArticleGatsibo: Urubyiruko ruriteza imbere rubikesha gutwara amagare
Uretse gutwara abagenzi ku magare uru rubyiruko rutwara n’imizigo y’abantu rukishyurwa Urubyiruko rwo mu murenge wa Kiramuruzi ho mu karere ka Gatsibo rurishimira iterambere rukesha ubunyonzi rukorera...
View Article
More Pages to Explore .....